Ku nshuro ya mbere facebook yarushije google gusurwa cyane muri Amerika
Ibi nyuma yo gushakishwa imyaka myinshi na nyiri facebook Mark Zuckerberg agerageza ko facebook yajya imbere y’urubuga google muri websites zisurwa cyane muri Amerika, ubu yabigezeho nk’uko byakomeje gutangazwa n’ikigo gishinzwe gucunga uko site zitandukanye...